1
Nejejwe n’ iri turo ntuy’ Umwami Yesu, Igitambo kizima ni cyo jyew’ ubwanjye.
2
Mpaz’ ubugingo bwanjye, Nticuza, ntatinya, Kubw’ ubuntu bwawe warancunguye Mwami.
3
Yesu ngwin’ unyigishe wowe wancunguye, Nshaka kubana naw’ ibihe bidashira.
Gusubiramo
Akir’ ituro ryanjye We Mwana w’ Imana,
Kand’ umanurire ku mucyo uv’ ahera.
