Mana ya c’ urakomeye; Gihome kidu kingira; Uduki ngir’ imiraba, Y’ ingorane n’ a makuba. Uturind’ Umwanzi uhor’ aduhiga; Afit’ imbaraga , Ntabwo twamwifasha; Ntitwamwibashisha na gato.
Dushatse kwirwanirira, T watsindwa rwose ruhemu. Keretse dufite Yesu, We mukiranu tsi wera. Yaneshej’ umwanzi; Kandi yiteguye Kuturwanirira; Turi kumwe na We; Nta kabuza tu zanesha.
Iyi si yuzuy’ ibibi, B ishobora kuturimbura. Ntidukwi ye guhabuka; Twisung’ umucyo w’ Imana. Ntiduterw’ ubwoba n’ Umwanzi w’ umucyo. Ni Se w’ umwijima; Kand’ azarimburwa; Azajugunywa mu muriro!
Nta waba sha guhindura ubushake bwa Rurema ; Ibyo ya tegetse byose, N tibikomwa mu nkokora. N’ ubwo byab’ urupfu, Cyangw’ ikindi cyose, Ijambo ry’ Imana nta cyarivanaho, Kugez’ iteka n’ iteka.
