Yesu ndagukuri kiye, N detse byose ndaje Mwami. Nikorey’ umusa raba, N dagukurikiye Mukiza. Dor’ ibyar’ indamu zanjye, Sinkibyitayeho namba; Mpisemo kugira Yesu, A kaba mu bugingo bwanjye.
Ab’ isi baranto teza, K uko badafite Yesu. Batay’ Umukiza wanjye, Barashaka kungerageza. N’ ubwo bampana bakandeka, Yesu ampor’ iruhande. Yes’ ampa kwihanga nira, Ingorane z’ iyi si zose.
Isi yahaw’ aga kiza, Yesu yarayicunguye. Yesu yaneshej’ i cyaha; Nta bwoba ngifite na gato. Umwuka Wer’ ari muri twe; Mbeg’ umunezero mwinshi! Nawe yaragupfi riye, Ng’ uzabane na we mw’ ijuru!
Twar’ intwaro zo kwi zera; Senga cyan’ ubudatuza; Ugiye gutah’ i juru, Hazab’ umunezero mwinshi! Ibyo dukorera mw’ isi, B iri hafi kura ngira. N’ ibyiringiro bi shyi tse, Tuzabona Data mw’ ijuru.
