Yesu  Nikoreye  Umusaraba
Indirimbo 3994 verses

Yesu Nikoreye Umusaraba

1

Yesu ndagukuri kiye, N detse byose ndaje Mwami. Nikorey’ umusa raba, N dagukurikiye Mukiza. Dor’ ibyar’ indamu zanjye, Sinkibyitayeho namba; Mpisemo kugira Yesu, A kaba mu bugingo bwanjye.

2

Ab’ isi baranto teza, K uko badafite Yesu. Batay’ Umukiza wanjye, Barashaka kungerageza. N’ ubwo bampana bakandeka, Yesu ampor’ iruhande. Yes’ ampa kwihanga nira, Ingorane z’ iyi si zose.

3

Isi yahaw’ aga kiza, Yesu yarayicunguye. Yesu yaneshej’ i cyaha; Nta bwoba ngifite na gato. Umwuka Wer’ ari muri twe; Mbeg’ umunezero mwinshi! Nawe yaragupfi riye, Ng’ uzabane na we mw’ ijuru!

4

Twar’ intwaro zo kwi zera; Senga cyan’ ubudatuza; Ugiye gutah’ i juru, Hazab’ umunezero mwinshi! Ibyo dukorera mw’ isi, B iri hafi kura ngira. N’ ibyiringiro bi shyi tse, Tuzabona Data mw’ ijuru.