1
Igihe Yes’ azahamagar’ intore ze, Akazijyan’ iwe, aho yaziteguriye;
2
Tuzahura n’ inshuti twari twaratanye, Tuzahurira mw’ iteraniro rikomeye.
3
Abahanuzi n’ abami tuzababona, N’ abahow’ Imana batigeze bayivaho.
4
Tuzabon’ ubwiza bubengerana cyane; Bw’ Uwitanze kugira ng’ umwizera adapfa.
Gusubiramo
S. na B.: Tuzahurira mw ’ ijuru kwa Data;
Mw’ ijuru heza, ni ho tuzahurira.
A. na T.: Tuzahurira – hurirayo,
Mw’ ijuru ku Mana Data.
N’ ahantu h’ icyubahiro,
Aho ni ho tuzahurira.
