1
Nahabiye kure y’ Imana, Ndahabuts’ ubu. Nari naratinze mu byaha, Noneho ndaje.
2
Narapfapfany‘ imyaka myinshi, Ndahabuts’ ubu. Ndakwitwaraho cyane nkiza, Noneho ndaje.
3
Ndembejwe n’ ibyaha no kugwa, Ndahabuts’ ubu. Niringiy’ urukundo rwawe, Noneho ndaje.
4
Yesu yamviriy’ amaraso, Ndahabuts’ ubu. Ubwe niwe wankiza gusa, Noneho ndaje.
5
Wumv’ amaganya yanjy’ unkize, Ndahabuts’ ubu. Nyeza Mwami nse n’ urubura, Noneho ndaje.
Gusubiramo
Reka nze, reka nze! Ntabwo nzongera.
Nyemerer‘ umbabarire! Mwami nyakira!
