1
Igihe Yes’ azakorany’ amoko, Ngw’ ahagarar’ imbere Ye, Twese tuzagenzwa dute mu manza, Dutumiwe gutegekwa?
2
Nind’ uzumv’ Umukiz’ amubwir’ ati: Ur’ umugaragu mwiza? Cyangw’ uzamarwa n’ ubwob’ ubwiwe ngo: Hoshi genda ndaguciye?
3
Azamwenyur’ abonany’ abana be, Icyitegererezo Cye, Azabambik’ ibyiza byo mw‘ ijuru, Ubwo bamupfukamire.
4
Tube maso dutegerez’ Umwami, N’ imuri zigumye zake! Kugira ng’ Umukwe n az’ azasange, Tumaze kumwitegura.
5
Tujye dutekerez’ ibyo mw‘ ijuru, Urugendo nirushira, Tuzahagarar’ imbere y’ Imana, Niba tutagamburura.
Gusubiramo
Azahunik’ ingano mu bigega,
Arik’ umuram’ azawusesa.
Twese tuzagenzwa dute mu manza,
Z’ uwo muns i wo kuzurwa?
