1
Uko tur’ aha, D uteraniye hamwe, Mwami Nyagasan’ uduh’ umugisha. Uduhana kugira ngo twihan’ ibyaha; N’ubwo tur’ abanyabyaha, N tujy’ utureka.
2
Ni wow’ uturinda, Nyagasani Mana; Wow’ udushyira ku murimo wawe. Ni wowe uduha kunesha ku rugamba, Maz’ Imana yac’ igahabw’ icyubahiro.
3
Twererez’ izina ryawe Mana yera. Urind’ umukumbi waw’ amakuba, Utuber’ Umurengezi mu bihe byose. Duh’ umudendezo, Tuguhimbaze Mana.
