1
Iyo nibuts’ umusarab’ utangaza, Umwami nyir’ ishema yatangiyeho, Ibyo nungukaga, ntabwo mba nkibyitayeho. Nzinukw’ ibyo niratanaga.
2
Reb’ inkovu zo ku mubiri we wose, Zituma ngir’ ishavu n’ umunezero. Har’ ubw’ ishavu n’ ibyishimo bijya bihura. Har’ utak’ ikamba mu mahwa?
3
Nari narazimiye meze nk’ impabe. Ariko narokotse kubw’ ibyago bye; Ntunzibukira ntagir’ ikindi niratana, Kerets’ umusaraba wawe.
4
Nahw’ ibyaremwe byose byab’ ar’ ibyanjye, Ntacyo nabona nakugereranyaho; Urukundo, n’ ubuntu byaturutse mw’ ijuru, Bituma ndek’ ibyanjye byose.
